Nyuma y’iminsi mike apfushije nyina, Chriss Eazy yongeye kwakira inkuru mbi y’urupfu rwa nyirakuru ari nawe wakunze kumurera mu bwana bwe. Amakuru ahamya ko uyu...
Ubuyobozi bw’ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro Lycee de Ruhango ‘Ikirezi’ riherereye mu karere ka Ruhango, Intara y’Amajyepfo bwatangaje ko umuhanda umuhanda uri kubakwa ureshya hafi na Km...
Abagenzi 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya minibisi RAB 579H, yavaga mu isantere ya Kabaya yerekeza mu isantere ya Ngororero mu Karere ka Ngororero. Ni...
Masamba Intore yasubitse urugendo rwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yatumiwe nk’umwe mu bazataramira muri ‘Rwanda Convention USA’. Masamba Intore aganira na...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV yavuze ko intambara atari igisubizo kirambye ku makimbirane hagati y’abatuye Isi ahubwo ko ziteza mwene muntu...
Abaririmbyi ba Korali Sangayesu yo kuri EAR Nanga ndetse n’abayobozi babo bahamya ko kwikomeza ku Mana bakayereka ibikorwa byabo bya buri munsi ari byo bituma...
Igisirikare cya Afrika y’Epfo cyatangaje ko cyiteguye kongera gusubira muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 uherutse kwandagaza ingabo zari mu butumwa...
Urubyiruko rufite impano zitandukanye bahuriye mu Bigogwe bagaragaza impano bifitemo, gusa imwe mu mpano nkuru bagaragaje ikaba ari umutima mwiza kuko kuri uyu wa Gatandatu...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 22 Kamena 2025, yagabye ibitero bikomeye kuri Iran, igamije kuburizamo umugambi...
Umugore wapfuye kuwa Gatandatu tariki 14 Kamena 2025 apfiriye mu icumbi ry’umukozi ushinzwe ubutaka mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, Intara y’Amajyepfo, yashyinguwe aho...