Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imyidagaduro

Burikantu yarekuwe nyuma y’iminsi itatu atawe muri yombi.

Mwitende Abdoulkarim wamenyekanye cyane ku mbugankoranyambaga nka Burikantu, wari umaze iminsi atawe muri yombi kubera gufungirana umuntu mu buryo butemewe n’amategeko yarekuwe.

Amakuru yahamijwe na mugenzi we Buringuni, anyuze ku rukuta rwe rwa Instagram, Burikantu yagize ati: “Ubu tuvugana Burikantu ararekuwe, ngiye kumureba.”

Nyuma y’igihe gito aba bombi @burikantu1 na @buringuni1 bagaragaye mu mashusho bishimira ko yarekuwe baririmba indirimbo irimo amagambo yishimira gusohoka muri gereza agira ati “isheni twayiciye.”

Burikantu yari afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kinyinya mu mujyi wa Kigali. Inkuru y’irekurwa rye yishimiwe n’abakunzi babo ku mbuga nkoranyambaga

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwataye muri yombi Burikantu kuwa 20 Nyakanga 2025 , akurikiranyweho gufungirana abakobwa bari bagiye kumureba iwe mu rugo kugira ngo abafashe kujya bakora ibiganiro bitambuka ku mbuga nkoranyambaga.

Burikantu na Buringuni bagaragaye ku mbugankoranyambaga bishimira ko bari amahoro.

Related posts

Amavu n’amavuko y’Umutwe wa M23 ukomeje kujujubywa n’Igihugu cyabibarutse nk’umwana utagira nyina.

N. FLAVIEN

U Budage bwasabiye Ukraine na Georgia kwinjira mu Bumwe bw’u Burayi.

N. FLAVIEN

Imirwano ikaze hagati ya M23 na FDLR/CRAP ishaka kwisubiza ibirindiro byayo i Rugali.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777