I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Umuyobozi w’umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces (RSF), Mohamed Hamdan Dagalo, kuri uyu wa gatatu yashinje igihugu cya Misiri kuba cyaragize uruhare mu bitero...
Mu biganiro bya nyuma bisoza inama ya OIF yaberaga mu Bufaransa, Perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron, yasabye ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu burasirazuba...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yavuze ko yateganyaga guhuriza hamwe Perezida Paul Kagame na Perezida Felix Tshisekedi wa RDC bakaganira, ubwo bose bari mu Bufaransa...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, CDC, cyohereje mu Rwanda abahanga barufasha guhangana n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na...
Guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa DR Congo yavuze ko iperereza ku cyateye iyi mpanuka yahitanye abantu nibura 28 rigikorwa, ariko abari...
Mu ntambara Igisirikare cy’u Burusiya gihanganyemo na Ukraine cyigaruriye Umujyi wose wa Vuhledar uherereye mu misozi miremire mu burasirazuba bw’iki gihugu bamaze igihe barasana urufaya....
Mu masaha y’umugoroba wo ku wa kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2024, Iran yarashe ibisasu byo mu bwoko bwa Misille Ballistic, ahanini ibi bisasu byagwaga...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Ukwakira 2024, yakiriwe anagirana ibiganiro mu muhezo na mugenzi we Edgars Rinkēvičs uyobora Igihugu cya Latvia....
Imvura nyinshi ivanze n’urubura yaguye ahagana mu ma saa sita z’amanywa (12h00) kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, yangije imyaka y’abaturage ku buso...
Ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024 Iran yarashe ibisasu byambukiranya imigabane (missiles ballistic) ku gihugu cya Israel, nk’uko Igisirikare...