Amizero
Amakuru Ikoranabuhanga Ubushakashatsi

Irushanwa rya Miss Geek Africa rigiye gusubukurwa

Miss Geek Africa ni irushanwa rigamije gushishikariza abakobwa bo muri Afurika kugira uruhare mu gukemura ibibazo by’uyu mugabane hakoreshejwe ikoranabuhanga, no kubashishikariza kwiga amasomo y’ubumenyi, ikoranabuhanga, ubwubatsi (Engeneering) n’Imibare.

Miss Geek Africa ni irushanwa ngarukamwaka ryashyiriweho guha abana b’abakobwa biga ibijyanye n’ubumenyi n’ikoranabuhanga urubuga rwo guhanga udushya dushobora kwifashishwa mu gukemura ibibazo mu muryango mugari. Mu gihe umwaka ushize iri rushanwa ryari ryasubitswe kubera icyorezo cya COVID 19, abaritegura baratangaza ko rigiye kongera gusubukurwa muri Nzeri uyu mwaka.

Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro yaryo ya gatandatu, dore ko ryatangiye muri 2014 ryitwa Miss Geek Rwanda nk’umwihariko w’u Rwanda. Muri 2017 ryaje guhindurirwa izina ryitwa Miss Geek Africa bivuye ku busabe bw’ikigo cyo gushyira mu bikorwa gahunda yo guteza imbere ikoranabuhanga, Smart Africa, cyifuje ko ryaba irya Afurika yose, aho abakobwa bo mu bihugu bikorana n’iyo gahunda batanga imishinga y’ikoranabuhanga bagahatana, kugeza ubu rikaba ryitabirwa n’abakobwa baturutse mu bihugu 22 byo ku mugabane wa Afurika.

Esther Kunda, umuyobozi w’ishami rishinzwe guhanga udushya no gukurikirana ikoranabuhanga rigezweho muri Minisiteri y’ikoranabuhanga akaba n’umwe mu bagize uruhare mu itangizwa rya Miss Geek Africa yavuze ko ubwo iri rushanwa ryasubikwaga, amajonjora y’ibanze yari yararangiye, bityo nirisubukurwa abahatana bakazahita bajya mu cyiciro cya nyuma.

Yanongeyeho ko kandi kuba iri rushanwa ryari ryarasubitwe byatumye abagomba kuzarushanwa babona umwanya uhagije wo gutegura imishinga yabo, bityo hakaba hari ikizere ko hazaboneka imishinga izaba ibisubizo ku bibazo muri sosiyete.

Muri 2019, iri rushanwa ryari ryegukanywe na Josephine Uwase Ndeze wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uyu akaba yari yakoze porogaramu yo muri telefoni igendanwa ifasha ababyeyi batwite gukurikirana ubuzima ubuzima bwabo umunsi ku wundi.

Josephine Uwase Ndeze wegukanye Miss Geek Africa 2019 ashyikirizwa ibihembo na Minsitiri w’ikoranabuhanga no guhanga udushya

Related posts

Urugomero ruri kubakwa ku mugezi wa Nile rwongeye kurikoroza hagati ya Ethiopia na Misiri

N. FLAVIEN

ADEPR Gihorwe: Chorale Shalom yatangiye 2023 isaba amahoro atangwa n’Imana [VIDEO]

N. FLAVIEN

Papa Benedicto XVI wari urembeye mu bitaro yitabye Imana ku myaka 95.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777