Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike

Yerusalemu: Ubushyamirane bwongeye kwaduka hagati y’Abanyapalestina n’Abayisilayeli.

Mu ijoro ryakeye i Yerusalemu habaye imirwano n’ibindi bikorwa by’urugomo byari bishyamiranije Abanyapalestina n’Abayisilayeli. Uku gushyamirana kwazamuye umwuka mubi mu mujyi mutagatifu, kandi biba mu gihe abayisilamu bari mu gisibo gitagatifu (ukwezi kwa Ramazani).

Nyuma gato y’amafunguro abayisilamu basanzwe bafata izuba rirenze iyo bari mu kwezi gutagatifu kwa Ramazani, azwi nka Iftar, Abanyepalestina bahise bacakirana na polisi ya Isirayeli ku rurembo rwa Damasi. Videwo yagaragaye kuri rumwe mu mbuga nkoranyambaga rwa TikTok yerekanye umunyapalestina akubita umuyahudi hafi y’aho bategera gali ya moshi i Yerusalemu. Ibi byatumye habaho igisa n’imyigaragambyo y’Abayisirayeli bahamagarira Leta ko polisi igomba gushyira ingufu mu guhashya ibyo bikorwa.

Abanyapalestina bo bavuga ko igipolisi cya Isirayeli cyababujije gukora amateraniro basanzwe bakora mu bihe by’ukwezi kwa Ramazani ku rurembo rwitiriwe Damasi, mu mujyi mutagatifu. Igipolisi cya Isirayeli cyateye gerenade, kinakoresha amazi mu rwego rwo gutatanya Abanyapalestina, nyuma nabo baje kubasubiza bakoresheje ibintu biturika.

Aha hantu habereye uku gushyamirana, ni ahantu ubusanzwe Abanyapalestina bakunda kuruhukira basoje amasengesho ya ni mugoroba, ariko Abanyayisilayeli bo ntabwo babikozwa.

Gusa, polisi hamwe n’umuvugizi wayo ntibigeze batanga impamvu bashyizeho izo bariyeli. Mu itangazo yasohowe mu minsi ishize, Polisi ya Isirayeli yavugaga ko bafunze Abanyepalestina benshi babashinja gutera amabuye no gusagararira abapolisi.

Isirayeli ivuga ko umujyi wose wa Yeruzelemu, ari umurwa mukuru wayo, harimo n’igice cy’iburasirazuba yigaruriye mu ntambara yo muri 1967.

Abanyapalestina barashaka gufata agace kamwe ka Yerusalumu y’iburasirazuba karimo abayisilamu, abakristo n’abayahudi bakakagira umurwa mukuru wa Leta nshya.

Umunyepalesitina yacanye umuriro mu muhanda/Photo Internet.
Inzego z’umutekano za Israel zihora zirikanuye/Photo Internet.

VOA

Related posts

Umwanya wa ‘Mama Mukura’ muri Stade Huye ntuzongera kwicarwaho.

KALISA

U Rwanda na Ethiopia mu biganiro by’umubano w’Ibihugu byombi.

KALISA

Miliyari 103Frw zigiye gushorwa mu kubaka Ibitaro bya Ruhengeri bizaba ari mpuzamahanga.

N. FLAVIEN

1 comment

Daniel April 22, 2021 at 5:45 PM

Nzanezererwa i Yerusalemu nishimire abantu banjye, kandi ijwi ryo kurira n’imiborogo ntibizahumvikana ukundi.
(Yesaya 65:19)

Reply

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777