Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imyidagaduro Ubuzima

Yanga wamenyekanye mu gusobanura filime yitabye Imana.

Nkusi Thomas wamenyekanye nka Yanga mu mwuga wo gusobanura filime z’inyamahanga azishyira mu kinyarwanda yitabye Imana.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Kanama 2022, ni bwo Junior Giti yatangaje ko umuvandimwe we Yanga yitabye Imana. Yavuze ko
yamufataga nk’umubyeyi we, ati: “Kuri njyewe wari Data.”

Junior yavuze ko azahora areberera kuri Mukuru we wamuhaye inganzo. Ati “Uruhukire mu mahoro muvandimwe wanjye Mukuru.”

Yanga yamamaye mu gusobanura filime zari zigezweho hagati y’umwaka wa 2000 kugera muri 2013, umwuga we umuhesha amafaranga menshi. Yamaze imyaka 10 akora aka kazi. Yari aherutse gutangaza ko yakiriye agakiza.

Related posts

Amanota y’ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye yatangajwe, inota ryo gutsinda rirazamurwa.

N. FLAVIEN

Imyitwarire ya Kim Jong Un, kimwe mu bihangayikishije Yoon Seok-youl, Perezida mushya wa Koreya y’Epfo.

N. FLAVIEN

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi yoroje abaturage inkwavu [Amafoto]

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777