Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imyidagaduro Trending News

Yampano yongeye kugarukwaho nyuma y’andi mashusho y’urukozasoni ye yasakaye

Umuhanzi Uworizagwira Florien wamenyekanye cyane nka “Yampano” yongeye kuba igitaramo kubera andi mashusho ari kumwe n’indi nkumi mu cyumba bambaye ubusa, nyuma y’iminsi agarukwaho mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagiye hanze ari gutera akabariro n’umukunzi we.

Ni amashusho bivugwa ko yafatiwe mu cyumba cya hoteli, agaragaza Yampano ari kuvugana n’umuntu utazwi kuri ‘Video call’ hanyuma akaza guhindukiza camera akamwereka umukobwa bari kumwe mu cyumba cya hoteli yambaye ubusa buri buri.

Icyakora abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yanditse amagambo agaragaza ko atishimiye ibihe arimo ndetse yicuza kugira inshuti zamuhemukiye zirimo n’umukunzi we.

Ati “Ndashimira Imana yatumye ndangiza umwaka wa 2025 ndi amahoro, nubwo utari woroshye. Nahuye na byinshi bihahamura umutima wanjye ibabazo by’urusobe ku buryo iyo hataba imbaraga zawe Mwami ubu mba ndi ahandi, warakoze kunyereka abantu bihinduranya nk’inzoka, inshuti zuzuye uburyarya zose wazegejeyo kugeza no kurushako rwajye (umukunzi we) ariko nemeye ukuri niga kubyakira.”

Yampano yashimiye Imana yamubaye hafi muri ibi bihe byari bimugoye, icyakora yizeza abakunzi be ko umwaka wa 2026 agiye kuwinjiramo ari mushya.

Ati “Ubu ndinjira mu mwaka wa 2026 ndi mushya, ndi njyenyine, ariko mfite amahoro. Niringiye Imana, niteguye gutangira ubuzima bushya, niga ku byabaye. Mwami yobora inzira zanjye, unyegereze ibyiza, kandi ukomeze umpe amahoro.”

Aya mashusho ya Yampano yongeye kujya hanze mu gihe abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, Ishimwe François Xavier na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta bari kuburana ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, nyuma y’uko baketsweho uruhare mu gusakaza ayagiye hanze Yampano ari gutera akabariro n’umugore we.

Iyi ni inyandiko ya Yampano aho imugaragaza nk’uwishimira ko Imana yigijeyo abantu bose b’indyarya kugeza no ku mugore we (uwo yise urushako) ibica amarenga ko bashobora kuba baratandukanye
Yampano yongeye kugaragara mu mashusho y’urukozasoni n’undi mukobwa

Related posts

U Buhinde bwohereje icyogajuru cyabwo cya mbere ku Izuba.

N. FLAVIEN

Ibyiyumviro n’ibitekerezo by’abayoboke ba Islam mu gihe cy’igisibo cya Ramadan

N. FLAVIEN

Volleyball: U Rwanda rwarezwe gukinisha abakinnyi batujuje ibyangombwa

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777