Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imikino

Umutoza wongerera ingufu abakinnyi muri Rayon Sports yasezeye ku mirimo ye.

Lebitsa Ayabonga wari umutoza wa Rayon Sports wongerera ingufu abakinnyi, yamaze gusezera ku mirimo ye kubera ibibazo by’umuryango, mu gihe iyi kipe yitegura kwakira Young Africans S.C ku munsi w’Igikundiro.

Ku mugoraba w’ejo tariki ya 12 Kanama 2025 ni bwo inkuru yabaye kimomo ko Rayon Sports yamaze gutandukana n’umutoza Lebitsa Ayabonga wongerera imbaraga abakinnyi. Ibi yabinyujije mu butumwa bumara amasaha 24 ku rukuta rwa Instagram.

Uyu mutoza ukomoka muri Afurika y’Epfo yanditse agira ati: “Mwarakoze cyane mwese bafana ba Rayon Sport. Ndabashimira cyane ko mwanyakiriye neza ndetse n’ubufasha mwanyeretse. Nizeye ko tuzahurira ahandi mu gihe kiri imbere kubera Imana.”

Uyu mugabo ahisemo gusezera kuri iyi kipe iri gutegura Umunsi w’Igikundiro ku nshuro ya kabiri. Lebitsa yaherukaga gutandukana na Rayon Sports mu mwaka wa 2024 ku wa 29 Ukuboza, ubwo yatandukanaga na yo yagiye avuga ko ari impamvu z’umuryango zitumye asezera.

Hari amakuru yavugaga ko uyu mutoza aberewemo ibirarane by’imishahara yishyuzaga, gusa Rayon Sports yo ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yamwifurije ishya n’ihirwe mu buzima bushya yari agiye gutangira. Rayon Sport yagize iti: “Amahirwe masa Ayabonga. Imbere ni heza. Tukwifurije intsinzi imbere.”

Kuri iyi nshuro Rayon Sports nabwo yifashishije Imbuga nkoranyambaga nyuma y’uko yari ayisezeye na yo yamusezeye. Yateruye igira iti: “Umutoza wacu wongereraga ingufu abakinnyi, yatandukanye na Gikundiro kubera ibibazo by’umuryango. Turamushimira serivise yahaye ikipe.”

Bwa mbere agitandukana na Rayon Sports, nyuma y’ukwezi kumwe yongeye kugaruka muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru. Ibi byakozwe nyuma y’uko akiyivamo, yatsinzwe umukino wa shampiyona na Mukura igitego 1-0 ndetse inganya na Musanze FC ibitego 2-2, inasezererwa no mu gikombe cy’Intwari na Police FC.

Rayon spors yahise inatangaza ko undi mutoza na we ari bugufi kuza kumusimbura ku nshingano ze. Iti: “Umutoza mushya mpuzamahanga araza gutangazwa vuba cyane.”

Related posts

Umunyarwanda Mugisha Samuel yaburiwe irengero ageze muri Amerika

N. FLAVIEN

Lycée de Ruhango ‘Ikirezi’ yemeza ko umuhanda bakora ari ikimenyetso cy’ubumenyingiro no kwishakamo ibisubizo.

N. FLAVIEN

Ibitaramo bya Israel Mbonyi mu Burundi byahagaritswe na Leta y’iki Gihugu.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777