Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Ubuzima

Uganda: Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ingabo yitabye Imana.

Nyirabashitsi Sarah Mateke wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda akaba n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ingabo n’abahoze ari abasirikare, yitabye Imana azize uburwayi.

Amakuru yatanzwe n’umuryango w’uyu muyobozi yemeje ko Sarah Nyirabashitsi yapfiriye mu bitaro bikuru bya Mulago, azize indwara y’umutima, nk’uko ikinyamakuru Daily Monitor cyabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki 07 Nzeri 2024.

Nyirabashitsi Sarah Mateke yavukiye mu karere ka Kisoro gaherereye mu majyaruguru y’u Rwanda mu 1974. Ni umukobwa wa Philemon Mateke wakoze imirimo itandukanye mu buyobozi bwa Uganda, umwanya aheruka akaba yari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibirebana n’akarere.

Mu mwaka wa 2021, Nyirabashitsi Sarah yatsindiye umwanya w’Umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, uhagarariye Akarere ka Kisoro, aza kugirwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburinganire, Abakozi n’Imibereho.

Mu mavugurura yakozwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni muri Werurwe 2024, Nyirabashitsi Sarah Mateke yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ingabo.

Related posts

Ahantu hatatu hashobora kugusha byihuse igitsinagore mu bishuko igihe hakozwe n’igitsinagabo.

N. FLAVIEN

Sena ya Kenya yeguje Visi Perezida Rigathi Gachagua.

KALISA

Burera: Abashyizwe mu manegeka n’ikorwa ry’umuhanda Cyanika-Butaro baremwe agatima.

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777