Amizero
Ahabanza Amakuru Politike Umutekano

U Burusiya bwiyemeje gufasha Ingabo za DR Congo kubona ibikoresho bigezweho.

U Burusiya bwiyemeje gufasha igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC kubona ibikoresho bigezweho mu rwego rwo kucyubakira ubushobozi bwo kurinda Congo n’abayituye.

Byatangarijwe mu ruzinduko Minisitiri w’Ingabo wa Congo, Gilbert Kabanda Kurhenga yagiriye mu Burusiya aho yaganiriye na Minisitiri w’Ingabo wungirije Alexander Fomin.

Kabanda kandi yaganiriye na mugenzi we ibijyanye n’amasezerano Congo yasinye n’u Burusiya mu 2018 ajyanye no kubaha intwaro zizifashishwa n’igisirikare.

Byose ngo bigamije gufasha igisirikare cya Congo kwiyubaka ku buryo gihangana n’ibibazo by’umutekano byugarije igihugu.

Ikinyamakuru Politico cyo muri Congo cyatangaje ko u Burusiya bwemeye no gutoza abasirikare ba FARDC.

Ingabo za Congo zimaze iminsi zihanganye n’umutwe wa M23 wiyongera ku yindi mitwe yitwaje intwaro isaga 120 iri mu Burasirazuba bw’icyo gihugu. Akenshi igisirikare kinanirwa gutsinsura iyo mitwe kubera ibikoresho bike, imyitwarire mibi n’ibindi.

Ingabo za DR Congo, FARDC mu karasisi.

Related posts

Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutari muri DR Congo n’ubwo hari impamvu yatuma rujyayo.

N. FLAVIEN

Ethiopia: Inyeshyamba za TPLF zigaruriye Umujyi wa Kobo.

N. FLAVIEN

Ten foods that naturally lower blood pressure

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777