Amizero
Ahabanza Amakuru Imyidagaduro Iyobokamana

Turinayo Samson umenyerewe muri Chorale Ubumwe yatangiye kuririmba ku giti cye [VIDEO].

Turinayo Samson umenyerewe mu ndirimbo zitandukanye za Chorale Ubumwe yo kuri ADEPR Bukane mu Karere ka Musanze, yatangiye kuririmba ku giti cye, akaba yahereye ku ndirimbo “Ahindura ibihe” y’umuhanzi Kagame Charles ayisubiramo [ibizwi nka cover mu ndimi z’amahanga], gusa ngo akaba afite ize bwite nyinshi ashaka ko zijya hanze.

Intego y’uyu muhanzi ukiri muto, ngo ni uguhumuriza abantu bafite ibibazo bitandukanye bakizerako Imana ihindura ibihe, kuko ngo ibyo babona ko bikomeye ijya ibihindura ibyoroshye bigasigara ari mateka maze ngo amashimwe akaba yose ku Mana ishobora byose.

Mu kiganiro yagiranye na WWW.AMIZERO.RW, yavuzeko yumva kuririmba ari impano ye, yemeza ko imufasha mu gutanga umusanzu wo kubaka abatuye Isi bakaba mu mahoro bazira ikibi kuko ngo abubaka yifashishije ibihangano yatangiye gukora.

Yashimangiye ko intego nyamukuru y’ubuhanzi bwe atari amafaranga kuko ngo gukorera Imana ari ugufasha abantu bagakira mu buryo bw’umwuka maze ngo umugisha w’Imana ukamwomaho kuko ngo impano y’Imana itagurishwa ariko ikaba ishobora gutunga uyifite.

Tumubajije aho akura ubushobozi bwo kwifashisha mu gukora izi ndirimbo, yavuze ko abukura mu muryango ndetse ngo no mu nshuti ze we yise abakorerabushake kuko ngo babikora nta nyungu zindi bategereje kandi bakabikorana umutima ukunze.

Mu gushaka kumenya intego ye, yagize ati: “Intego yanjye ni ukwagura impano yanje bikubaka umuryango nyarwanda utuye mu mahoro yubakiwe ku guhinduka kuzima gushingiye kuri Kristo Yesu ndetse bikagera no hanze yIgihugu”.

Samson ufite intego yo guhumuriza abababaye abashishikariza kugira ibyiringiro no kwanga ikibi bagakora ibyiza, asanzwe ahimba indirimbo akaziha amakorali, kuri ubu ngo akaba yiyemeje kujya akora indirimbo akaziririmba avuga ubutumwa ku giti cye (solo).

Umuhanzi Samson wahisemo gutangira kuririmba ku giti cye gusa ngo akazakomeza no kuririmba muri Chorale kuko ngo ari yo yamureze muri uyu mwuga.

Reba video y’indirimbo yakoze:

Related posts

Kunganya kwa Police FC na Etincelle FC biburijemo amahirwe ya Musanze FC

N. FLAVIEN

Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rwakora icyo ari cyo cyose kugira ngo rwirinde.

Muntu Clarisse

Tariki ya 01 Ukwakira 1990, imbarutso y’ikiragano gishya mu mateka y’u Rwanda

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777