Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Iteganyagihe Ubuzima

Turikiya iherutse gupfusha abarenga ibihumbi 40 yongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye.

Umutingito ukomeye uri ku gipimo cya ‘magnitude’ 6,4 wibasiye Amajyepfo ya Turikiya nyuma y’iminsi mike iki Gihugu gishegeshwe n’indi mitingo yatumye ibihumbi byinshi bihaburira ubuzima.

Inzego zishinzwe gukurikirana iby’ibiza n’ibikorwa by’ubutabazi zatangaje ko uyu mutingito wabaye saa kumi n’imwe n’iminota ine, saa mbili n’iminota ine ku isaha muri icyo gihugu.

Abatangabuhamya babwiye Reuters ko hari ibindi bikorwaremezo byasenyutse nk’inyubako mu Murwa Mukuru w’Intara ya Hatay, Antakya.

Umutingito ufite igipimo cya 7,8 washegeshe aka Karere tariki 06 Gashyantare 2023; abasaga 45,000 bakaba bamaze gutangazwa ko bapfuye muri iki Gihugu no muri Syria bituranye ariko hakaba hashobora kuboneka abandi.

Amakuru yatanzwe yavuze ko umutingito wa none wumvikanye cyane kurenza iheruka, icyakora ntiharamenyekana ingano y’ibyononekaye cyangwa niba hari abantu bahitanywe na wo.

Antakya, ni kamwe mu duce twakozweho cyane n’umutingito uheruka kuba tariki 06 Gashyantare uyu mwaka wa 2023.

Umutingito uheruka washenye inzu nyinshi muri Turkey na Syria/Photo Internet.

Related posts

Perezida Ndayishimiye akomeje gukubita agatoki ku kandi no kongera ubufasha aha DRC.

Ndayishimiye Libos

Umuherwe wo muri Ukraine n’umugore we baguye mu gitero gikaze cy’Ingabo z’u Burusiya.

N. FLAVIEN

Perezida Lourenço na Uhuru Kenyatta bageze i Kinshasa mu biganiro ku ntambara ya M23.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777