Amizero
Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike

Trump yasabye Hamas kurekura imbohe mbere y’umunsi wo kurahira.

Ubwo yari mu birori byo kwizihiza Umwaka Mushya iwe i Mar-a-Lago, Perezida watowe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye umutwe wa Hamas kurekura vuba imbohe z’abanya Israel zifungiwe muri Gaza.

Yagize ati: “Reka mbivuge muri ubu buryo: [Hamas] igomba kurekura imbohe z’abanya Israel zikagaruka vuba na bwangu.”

Nk’uko The Jerusalem Post yabitangaje, Trump yabajijwe ku bijyanye no guhagarika imirwano maze asubiza ati: “Tuzareba uko bizagenda.”

Trump yakomeje kuvuga amagambo ameze nk’ayo kuva yatsinda amatora mu Ugushyingo, ndetse no mu ntangiriro za Ukuboza, ubwo yandikaga kuri True Social, urubuga rwe nkoranyambaga, avuga ko hazabaho ingaruka zikomeye niba imbohe zitarekuwe mbere y’uko atangira imirimo ye.

Yagize ati: “Niba imbohe zitarekuwe mbere y’itariki ya 20 Mutarama 2025, umunsi nzatangiriraho imirimo yanjye nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hazabaho ‘Ukuzimu ko kwishyura’ mu Burasirazuba bwo Hagati, ndetse no kuri abo bakoze ibikorwa bya kinyamaswa ku bantu.”

Related posts

Minisitiri w’Ingabo yazamuye mu ntera abasirikare basaga ibihumbi 10.

N. FLAVIEN

FARDC igiye kurasa M23 ku buryo abato bazajya bumva ngo ‘kera habayeho’.

N. FLAVIEN

Mugisha Moïse yakoze impanuka y’igare muri Tokyo Olympics 2020.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777