Featured Rubavu: Ihagarikwa ry’ibiryabarezi, imwe mu mpamvu zo kongera kumwenyura kw’abashakanye.
Nyuma y’uko tariki 11 ukwakira muri uyu mwaka Minisiteri yUbucuruzi n’Inganda, MINICOM isohoye itangazo rivuga ko isubitse gutanga uruhushya rwemerera abashaka kujya mu bikorwa by’imikino...