Korea y’Epfo yiyemeje kwinjira mu mahari n’Uburusiya kugeza ubu burambirije ku ntambara ikakaye ku gihugu icyo ari cyo cyose gishyigikiye Ukraine nyuma ya Korea ya...
Mu byo yibukijwe nyuma y’amasaha atatu gusa yegukanye Intsinzi yo kuba Perezida mushya wa Koreya y’Epfo, Yoon Seok-youl wahoze ari umushinjacyaha, yibukijwe akazi katoroshye kamutegereje...
Igisirikare cya Koreya y’Epfo cyatangaje ko umuturanyi wo mu Majyaruguru (Koreya ya Ruguru) yarashe igisasu cyo mu bwoko bwa “Ballistic Missiles” gitererwa mu bwato bwo...