Perezida Kagame yakiriye Umujyanama wihariye wa Perezida Donald Trump.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Umujyanama wihariye wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’uko byatangajwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu...