Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Israel n’umutwe wa Hamas bumvikanye ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika imirwano. Inkuru...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 22 Kamena 2025, yagabye ibitero bikomeye kuri Iran, igamije kuburizamo umugambi...
Igihugu cy’u Burusiya cyabwiye kigenzi cyacyo cya Israel ko gikwiriye kuzirikana ko nta burenganzira gifite bwo guhindura ubutegetsi buriho muri Iran bityo ko nta n’impamvu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump yanze umugambi wa Israel wo kwica umutegetsi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, nk’uko abakozi...
Benshi mu bakurikiranira hafi ibiri kuba hagati ya Israel na Iran bakomeje kwibaza igishobora gukurikira igitero cyo mu rukerera rwo ku wa 13 Kamena uyu...
Mu rwego rwo kwihorera ku gitero kidahusha cyagabwe na Israel mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, kikica abasirikare bakuru barimo Umugaba mukuru, Gen Maj...
Igitero gikomeye kandi kidahusha Israel yise ‘Operation Rising Lion’ kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki 13 Kamena 2025 yarashe ahantu hatandukanye mu...