U Rwanda rwakiriye abimukira barindwi baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nka bimwe mu bikubiye mu masezerano ibihugu byombi biherutse gusinyana. Ni amakuru yatangajwe...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda bemeranyije ku masezerano ashobora gutuma u Rwanda rwakira amagana y’abimukira nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda rurimo kuganira na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku kuba rwakwakira abimukira iki gihugu...