Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa yashyizeho umutwe w’igisirikare wihariye.

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yashyizeho umutwe wihariye ushinzwe ibijyanye n’amakuru [Information Support Force] witezweho gufasha igisirikare cy’iki gihugu guhangana n’ibyabangamira umutekano muri ibi bihe biteye imbere.

Uyu Mukuru w’Igihugu kuri uyu wa 19 Mata 2024 yatangaje ko muri iki gihe, igisirikare cyari gikeneye amavugurura mu bijyanye na siyansi, kandi kigaha akazi abanyempano bashya.

Yasobanuye kandi ko igisirikare kigezweho kiba kigomba kugira imbaraga mu buryo gikusanya amakuru n’uko kiyageza ku basirikare, baba abari ku rugamba cyangwa ako kurinda umutekano w’igihugu.

Perezida Xi yavuze ko uyu mutwe mushya “Uzagira uruhare rw’ingenzi mu kuzamura igisirikare cy’u Bushinwa n’uguhatana bijyanye n’intambara zigezweho.”

Gen Bi Yi yagizwe Umuyobozi w’uyu mutwe w’ingabo, Gen Li Wei agirwa Umuyobozi wungirije, ushinzwe imiyoborere n’inyigisho za politiki.(Igihe)

Related posts

Uganda yatangiye kwishyura DR Congo ku byabereye muri Ituri ku bihano by’Urukiko Mpuzamahanga.

N. FLAVIEN

Rubavu: Abarerera ku ishuri rya EPGI-ULK bavuga ko umurage nyawo muri iki gihe ari uburezi bufite ireme. [AMAFOTO]

N. FLAVIEN

Kayonza: Abana babiri baturikanywe n’igisasu cyo mu bwoko bwa Grenade

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777