Amizero
Ahabanza Politike

Perezida Paul Biya yongeye kugaragara mu ruhame

Perezida Paul Biya wa Cameroun yongeye kugaragara mu ruhame bwa mbere nyuma y’ibyumweru bitandatu bishize hibazwa byinshi ku buzima bwe kubera kutagaragara.

Ukutagaragara mu ruhame kwa Perezida Biya w’imyaka 91 kwatumye haduka ibihuha bidafite ishingiro by’uko yaba atakiri muzima ariko bigahishwa nk’uko tubikesha BBC.

Kera kabaye kuri uyu wa Mbere, itariki 21 Ukwakira 2024 nyuma ya saa sita z’amanywa, televiziyo ya leta yagaragaje amashusho ya Paul Biya ageze ku kibuga cy’indege cyo mu murwa mukuru Yaoundé, mu rugendo rw’indege ivuye mu Busuwisi.

Guverinoma ya Cameroun yari yarabujije ibitangazamakuru kuvuga ku buzima bwa Biya umaze imyaka hafi 42 ku butegetsi ivuga ko ari ikibazo cy’umutekano w’igihugu.

Related posts

Papa Leo XIV yagaragaje uruhande rwe ku ntambara zikomeje hirya no hino ku Isi.

N. FLAVIEN

Nyina wa Adrien Rabiot yatangije intambara yeruye ku bayobozi ba Marseille.

KALISA

Twahisemo Kingdom School, ntiduteze kuyivaho kuko ibyo abana bacu bahakura bidutera ishema

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777