Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya

Pasiteri yakubiswe umugeri n’uwo yasengeraga ahasiga ubuzima.

Umupasiteri wo mu gihugu cya Uganda witwa John Michael Ekamu , yapfuye nyuma yo gukubitwa umugeri n’umukristo wahanzweho n’imyuka mibi yageragezaga kugangahura.

Byabereye mu rusengero rw’itorero ryitwa Agule Pentecostal Assemblies of God ruherereye mu karere ka Serere.

Daily Monitor ivuga ko uwitwa Osagani ukekwaho kwica uriya Pasiteri, avuga ko ku wa 24 Ukuboza ari bwo yari yageze muri kariya karere avuye i Kampala, mbere yo kujyanwa na se ku rusengero ngo bamusengere.

Umuyobozi wa Polisi ya Uganda ku rwego rw’intara ya East Kyoga byabereyemo, MS Damalie Nachuha, avuga ko umubyeyi wa Osagani yemeje ko umuhungu we yari yarahanzweho n’imyuka mibi.

Yunzemo ko uyu ubwo yarimo gusengerwa yakubise umugeri Pasiteri Ekamu yitura hasi, nyuma aza gushiramo umwuka.

Ekamu ubwo yituraga hasi ngo abari hamwe mu masengesho bashatse kumujyana kwa muganga, gusa ababwira ko “amadayimoni yamaze gutsindwa.”

Uyu icyakora nyuma yaje kujyanwa kwa muganga aza kuhagwa azize ibikomere yari yagize.

Polisi ya Uganda kuri ubu yamaze gutangiza iperereza mu rwego rwo kumenya byinshi kuri ruriya rupfu.

Related posts

Burera: Ibiyobyabwenge n’amakimbirane mu miryango ku isonga mu bidindiza imikurire y’umwana.

N. FLAVIEN

Mu kwezi kumwe Chriss Eazy apfushije umubyeyi we na Nyirakuru.

N. FLAVIEN

Umwe mu ba-Colonel ba FARDC n’Itsinda rinini ry’ingabo ze biyunze kuri M23.

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777