Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Trending News Umutekano

Musanze: umwe yabuze ubuzima ubwo Polisi yaburizagamo ibikorwa by’ubugizi bwa nabi

Mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru ubwo Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yari mu bikorwa byo gucunga umutekano mu Mudugudu wa Gatare, Akagari ka Cyabararika, Umurenge Muhoza, yatabajwe kugira ngo iteshe abari barimo gukora ibikorwa bitemewe by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.

Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyaruguru IP Ignace Ngirabakunzi yemeje iby’aya makuru avuga ko abapolisi batabaye basanze itsinda ry’abantu bagera kuri 40 bari bitwaje amapiki n’ibitiyo, bagerageza guhangana nabo, biviramo umwe muri aba bagizi ba nabi kuraswa ahasiga ubuzima.

Aho byabereye ni mu cyanya gikomye giherereye hagati y’Umurenge wa Muhoza na Gacaca yo mu Karere ka Musanze.

Amabwiriza agenga aha hantu ni uko nta muturage wemerewe kuhakorera ibikorwa ibyo aribyo byose byaba iby’ubuhinzi, ubworozi, ubucukuzi n’indi mirimo.

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego, mu bihe bitandukanye bagiye bagira abaturage inama yo kubahiriza amabwiriza agenga aho hantu hakomwe kandi bakumvira inzego z’umutekano.

Polisi y’u Rwanda kandi ikomeza kwibutsa abaturage kubahiriza amategeko kandi bakirinda gusagarira inzego zishinzwe kugenzura uko amategeko yubahirizwa.

Related posts

Russia: Abaturage batoye Igihugu bafata nk’umwanzi wabo wa mbere.

ISHIMWE Elyse Naise

M23 yatangaje ko yashyize ku butaka kajugujugu y’igisirikare cya Congo.

N. FLAVIEN

Burundi: Hashyizweho Guverinoma nshya, Bunyoni wari Minisitiri w’Intebe ataha amara masa.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777