Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imyidagaduro

Mu kwezi kumwe Chriss Eazy apfushije umubyeyi we na Nyirakuru.

Nyuma y’iminsi mike apfushije nyina, Chriss Eazy yongeye kwakira inkuru mbi y’urupfu rwa nyirakuru ari nawe wakunze kumurera mu bwana bwe.

Amakuru ahamya ko uyu mubyeyi yitabye Imana kuri uyu wa 24 Kamena 2025 azize uburwayi yari amaranye igihe. Bivugwa ko ubu burwayi bwe bwakajije umurego nyuma y’urupfu rw’umukobwa we.

Junior Giti usanzwe ureberera inyungu za Chriss Eazy, yavuze ko uyu mubyeyi yitabye Imana aguye mu rugo aho yari atuye.

Ati “Ni ibyago mu bindi, umukecuru yitabye Imana kuri uyu wa 24 Kamena 2025 azize uburwayi ariko bwakomejwe cyane n’uko yananiwe kwakira urupfu rw’umwana we none yitahiye.”

Chriss Eazy apfushije nyirakuru nyuma y’iminsi mike apfushije umubyeyi we witabye Imana ku wa 13 Kamena 2025. (Igihe)

Lucky Desire / WWW.AMIZERO.RW

Related posts

Gen (Rtd) Kabarebe yavuze ko ibihugu byafatiye u Rwanda ibihano bishaka ubutunzi muri DR Congo.

Muntu Clarisse

M23 yafashe Kitshanga yemeza ko itarongera kuwurekura nk’uko byagiye bigenda.

N. FLAVIEN

Perezida Kagame yahishuye ikipe nshya ishobora gusimbura Arsenal

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777