Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ubushakashatsi

Ibyo ukwiye kwitaho mbere yo kwambara amasogisi.

Burya amasogisi ni umwambaro udakunze kwitabwaho cyane kuko wambarwa ahatagaragara cyane nk’indi, nyamara abasirimu bazi neza ibyo kurimba bakubwira ko ayo wambaye ashobora gutuma uberwa cyangwa akangiza imyambaro yawe yose.

Hari abantu benshi bambara amasogisi uko babonye nyamara kutabyitaho bifatwa nk’amakosa y’imyambarire.

Biratangaza kubona umuntu wambaye ikositimu nziza yarimbye ariko ipantalo yazamuka ukabona yambaye amasogisi y’amabara cyangwa y’umweru.

Hari amabwiriza agenga imyambarire by’umwihariko amasogisi ari ku rwego mpuzamahanga tugiye kugarukaho muri iyi nkuru nk’uko inzobere mu by’imyambarire zibigaragaza.

Amasogisi y’umweru yambarwa muri siporo.

Bitewe n’uko amasogisi y’umweru aba asa neza, usanga abantu benshi bayagira ayo kurimbana, nyamara mu kurimba yagenewe kwamabarwa mu gihe cya siporo uri nko muri gym cyangwa ibindi bikorwa by’imyitozo ngorarangingo.

Amasogisi agomba kujyana n’ipantalo wambaye.

Benshi usanga bajyanisha amasogisi n’inkweto bambaye nyamara siko bikwiye ahubwo aba agomba kujyanishwa n’ipantalo wambaye cyangwa abambara amajipo akajyana n’ibyo bambaye hasi.

Amasogosi y’umukara yambarwa ku myambaro yiyubashye.

Igihe ugiye mu bukwe, inama, ibirori byubashywe n’ahandi ujya warimbye ku rwego rwo hejuru niho uba ugomba kwambara amasogisi y’umukara. Wambaye nk’ikositimu y’umukara, ivu cyangwa ubururu ukambaramo amasogisi y’umukara uba usa neza cyane.

Ushobora no kuyambara mu gihe wambaye ikoboyi ariko ni ngombwa ko uri bube watebeje mu gihe wambaye amasogisi y’umukara.

Ibi bijyana no kutambara amasogisi y’amabara acanye cyangwa afite ibindi bintu bivanzemo mu gihe wambaye imyenda yiyubashye kuko bituma agaciro kayo kagabanuka.

Kirazira kwambara amasogisi agaragaza igitsi.

Iterambere rigenda ryihuta aho usanga abantu bazana imyambaro itandukanye, hari n’amasogisi yaje aba ari magufi ku buryo igitsi kiba kigaragara.

Niba uri umuntu ushaka kurimba ambara amasogisi maremare ku buryo waba wicaye cyangwa uhagaze atazaba agaragara aho wayambariye ku buryo nk’ipantalo iyasumba.

Amasogosi agaragaza igitsi cyangwa magufi yambarwa mu gihe umuntu yambaye ikabutura cyanga ijipo ngufi nibwo ashyiramo amagufi cyangwa akayareka.

Si byiza kwambara amasogosi mu nkweto zifunguye.

Muri iyi minsi abantu batangiye kujya bambara amasogisi mu nkweto zifunguye, zambarwa kugira ngo ibirenge bigaragare biba byiza kutambariramo amasogisi. (Igihe)

Related posts

AFCON 2021: Menya byinshi ku irushanwa rihuza ibihangage bya Afurika muri ruhago ribera muri Cameroon.

N. FLAVIEN

Sukhoi-25 za FARDC zongeye gusuka umuriro ku birindiro bya M23.

N. FLAVIEN

Kiyovu sport inyagiye Gasogi united Rayon igwa miswi na Rutsiro

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777