Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike

Haravugwa Umuryango mushya ushobora guhuza Ibihugu bya Algeria, Tunisia na Libya.

Bimwe mu bihugu biherereye mu Majyarugura ya Afurika (Magreb) ari byo Algeria, Tunisia na Libya, byatangije ibiganiro bigamije gushinga undi muryango wo gusimbura uwa Arab Maghreb Union (AMU) umaze igihe ari baringa.

Russia Today yanditse ko ibyo biganiro byatangijwe n’abakuru b’ibyo bihugu ariko bihezwamo Mauritania na Maroc byari bisanganywe muri AMU.

Biteganyijwemo ko hazanakorwa inama ya mbere y’uwo muryango mushya vuba mu rwego rwo kureba uko wakora neza nyumya y’uko AMU yari isanzweho imaze imyaka irenga icumi idakora bitewe n’imibanire itari myiza hagati y’ibihugu binyamuryango bimwe.

Iyi nama izakirwa na Tunisia aho Perezida wayo, Kais Saied abinyujije ku rukuta rwa X, yamaze gutangaza ko izitabirwa gusa na bagenzi be ba Libya na Algeria. Uyu muryango wa AMU washinzwe mu 1989 aho Mauritania na Maroc biri mu bihugu byawutangije. Maroc ishinja Algeria gushaka gushing undi muryango uzatuma igira ijambo ku bindi bihugu nubwo Algeria yo ibihakana (Igihe).

Related posts

Padiri Ubald Rugirangoga yasabiwe na benshi kuzagirwa umutagatifu.

N. FLAVIEN

Itsinda ry’abanyeshuri ba Kaminuza ya Wharton muri Village urugwiro.

Muntu Clarisse

Ku myaka 82 agiye gukorera urugendo mu isanzure

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777