Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ubuzima

Gicumbi: Urujijo ku rupfu rw’umusore wapfiriye mu nzu yari amaze iminsi aguze.

Ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki 29 Ukwakira 2023, mu Mudugudu wa Rusayu, Akagari ka Kigogo, mu Murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi, habonetse umurambo w’umusore witwa Uwimana Albert w’imyaka 26 wasanzwe mu gikoni cy’inzu yari amaze iminsi aguze.

Abaturanyi b’uyu musore bavuga ko bikekwa ko yaba yariyahuye, kuko aho basanze umurambo hanukaga imiti yica udukoko, ariko nta gikomere na kimwe cyari ku mubiri we.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umusigire mu Murenge wa Nyankenke, Manishimwe Jean de la Croix, yahamirije Igihe dukesha iyi nkuru ko ayo makuru ari impamo.

Yagize ati: “Yego byabayeho. Ni umusore wari ukiri ingaragu, ufite imyaka 26, bamusanze mu gikoni cy’inzu yari amaze iminsi aguze, bamusangamo yapfuye. Bikekwa ko yaba yiyahuye, kuko aho bamusanze hanukaga imiti yica udukoko’’.

Gitifu Manishimwe yavuze ko iperereza kuri urwo rupfu ryatangiye gukorwa kugira ngo hamenyekane icyamuhitanye. Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu Bitaro bya Byumba kugira ngo ukorerwe isuzuma.

Related posts

Kwiyamamaza kwa Perezida Tshisekedi muri Goma kwatanze agahenge hagati ya FARDC na M23.

N. FLAVIEN

Perezida wa Ukraine yagize ibyo ashinja Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru.

KALISA

Imirimo yo kubaka inzu ndende mu Rwanda ‘Kigali Green Complex’ igiye gutangira.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777