Ikipe ya Al Ahli Tripoli ikinamo abanyarwanda Manzi Thierry na Bizimana Djihad, yaraye itwaye igikombe cya Shampiona ya Libya itsinze Al Hilal Benghazi ibitego 2-0....
Alexander Isak ukinira ikipe ya Newcastle United yifujwe na Liverpool, gusa amafaranga Liverpool yashakaga kwishyura kuri uyu mukinnyi ntiyahuye n’ayifuzwaga. Uyu mukinnyi yakomeje guhatira Newcastle...
Ubwo yari mu cyumba cy’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda iteganya kubaka imihanda ireshya na kilometero...
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki, umukino wa Rayon Sports na Young Africans ugakinirwa kuri Stade Amahoro, mu mukino w’Umunsi w’Igikundiro (Rayon Day), imyiteguro...
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC cyatangaje ko gikeneye abasore n’inkumi banyotewe kucyinjiramo, gusa gishyiraho umwitangirizwa ku baturuka mu bice bigenzurwa na AFC/M23...
Inzego z’ubuzima zatangaje ko gahunda yo gutanga umuti utuma abantu batandura Virusi itera SIDA mu mezi abiri, ikomeje nubwo ikiboneka ku bitaro bicye muri Kigali...
Urugaga rushinzwe kwita no kugenzura iby’imiti itemewe (Athletics Integrity Unit), ikoreshwa n’abakina umukino wo gusiganwa ku magru n’indi ifitanye isano na yo rwahagaritse by’agateganyo umunya...