Perezida Kagame yagize icyo avuga ku nkongi y’umuriro yibasiye Hoteli ya Bolu muri Turukiya.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yihanganishije mugenzi we wa Turukiya, Recep Tayyip Erdoğan n’abaturage b’icyo gihugu, nyuma y’inkongi yibasiye hoteli iri mu gace ka Kartalkaya...

