I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Mu mpera z’icyumweru gishize, undi muntu umwe yarapfuye mu bantu benshi barasiwe mu ngo ebyiri mu mudugudu wo muri Afurika y’Epfo. Umubare w’abahitanywe n’ayo masasu...
Abarimu bakora ku bigo bya Leta mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bavuga ko batazigera basubira kwigisha igihe cyose Leta itabongereye umushahara. Aba...
Umwarimukazi witwa Yankurije Marie Josée w’imyaka 38, wari utuye mu murenge wa Mukura, Akarere ka Huye, Intara y’Amajyepfo yapfuye by’amarabira ku mugoroba wo ku wa...
Igisirikare cya Israel, IDF cyarashe ibisasu biremereye mu majyepfo ya Liban, ahari ibirindiro bikomeye by’umutwe wa Hezbollah wakomeje gukozanyaho n’Ingabo za Israel kuva icyo gihugu...
Perezida wa Angola João Lourenço uri guhuza u Rwanda na DR Congo mu biganiro bigamije gushaka amahoro mu karere, yoherereje ubutumwa mugenzi we wa DR...
Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yanganyije na Pyramids FC yo muri Egiputa (Egypt) cyangwa se Misiri igitego 1-1 mu mukino ubanza w’Ijonjora rya kabiri rya...
Kuva mu Rwanda rwo hambere kugeza na n’ubu, abihaye Imana gatolika bavuzwe cyane mu burezi bufite ireme kuko nta na rimwe bigeze bajenjekera uwo ari...