Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imikino

APR FC yatsinze Amagaju FC isubira ku mwanya wa mbere by’agateganyo.

Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yatsinze Amagaju FC ibitego 3-1 mu mukino w’Umunsi wa 27 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere waberaga i Nyamirambo kuri Pélé Stadium isubira ku mwanya wa mbere by’agateganyo n’amanota 58.

Ibitego bitatu APR FC yatsinze Amagaju FC byatsinzwe na: Ouattara ku munota wa 12, Denis Omedi ku munota wa 62 mu gihe icy’agashyinguracumu cyatsinzwe na Mugiraneza Frodouard ku munota wa 2 w’inyongera (90+2). Kimwe rukumbi cy’Amagaju cyatsinzwe na Ndayishimiye Edouard ku munota wa 85.

Iyi kipe imaze gukina imikino 27, ikurikiwe na Rayon Sports ya kabiri n’amanota 56, yo ikazakina na Police FC kuri iki Cyumweru tariki 11 Gicurasi 2025 saa moya z’umugoroba.

Mu yindi mikino y’umunsi wa 27 wa Shampiyona yabaye, Marines FC yatsinze Vision FC ibitego 2-1, Musanze FC inganya na Gasogi United igitego 1-1 naho Mukura VS inganya na Bugesera FC igitego 1-1.

Mu gihe Shampiyona y’u Rwanda igenda isatira umusozo, amakipe abiri ari yo Muhazi United na Vision FC, akomeje kuguma mu mutuku, birangiye gutya akazasimburwa na Gicumbi FC na Muhanga FC zamaze kuzamuka zivuye mu cyiciro cya kabiri.

APR FC yatsinze Amagaju FC isubira ku mwanya wa mbere by’agateganyo.

Related posts

Impunzi zo mu nkambi ya DGDA i Goma zigaragambije zinenga Leta.

N. FLAVIEN

Nyanza: Abahoze muri FDLR batangiye kwiregura ku byaha by’iterabwoba.

N. FLAVIEN

Visi perezida wa Kenya yagaragaje imirongo ya Bibiliya iri kumufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777