Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imikino

APR FC yanganyirije na Pyramids i Kigali, imibare iba myinshi mu mukino wo kwishyura.

Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yanganyije na Pyramids FC yo muri Egiputa (Egypt) cyangwa se Misiri igitego 1-1 mu mukino ubanza w’Ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League waberaga kuri Stade Amahoro i Remera mu mujyi wa Kigali.

Ni umukino witabiriwe n’abafana benshi cyane cyane aba APR FC kuko bari bahize kuwutsinda ariko ntibyabagendekera uko babyifuzaga. Ku ruhande rwa Pyramids, bari bitabaje abafana basanzwe bafana Rayon Sports bivugwa ko banishyuwe kugirango bongere umurindi kuri Stade Amahoro.

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yanganyirije iwayo irasabwa kuzatsindira cyangwa ikanganyiriza ibirenze igitego 1-1 mu Misiri (Egypt) kugira ngo ibashe gukomeza mu matsinda y’iri rushanwa nyafurika.

Kunganya ubusa ku busa mukino wo kwishyura uteganyijwe tariki 21 Nzeri 2024 mu Misiri ntacyo byafasha APR FC kuko igitego cy’i Kigali cy’Ikipe ya Pyramids FC, kibarwa nka bibiri; ibyongera igitutu kuri APR FC yari ifite inyota yo kuba yajya mu cyiciro cyisumbuyeho.

Ingabo z’Igihugu, RDF ni bamwe mu barebye uyu mukino w’ikipe yabo na Pyramids.
Amakipe yombi yakinaga ashaka intsinzi y’uyu munsi ariko birangira anganyije.

Related posts

Uganda: Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ingabo yitabye Imana.

N. FLAVIEN

Afganistan: Zahinduye imirishyo mu gihe ingabo z’Abatalibani zikataje zerekeza Kabul

N. FLAVIEN

Ba Gitifu b’Utugari two mu Ntara baratakambira Perezida Kagame ngo abahindurire imibereho.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777