Amizero
Amakuru Hanze Politike Umutekano

Abateguye igitero cyahitanye abasirikare ba Amerika i Kabul bamenyekanye.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero cy’akadege katarimo umupilote (drone) ku mutwe wiyita Leta ya kisilamu (IS) mu burasirazuba bwa Afghanistan, zica intagondwa imwe yo muri uwo mutwe, nkuko abategetsi ba gisirikare babivuga.

Icyo gikorwa cya gisirikare cyagambiriye “uwacuze umugambi” w’igitero cy’i Kabul wo mu mutwe wa IS-K mu ntara ya Nangarhar.

Umutwe wa IS-K wigambye ko ari wo wagabye igitero i Kabul ku wa kane gishobora kuba cyariciwemo abantu bagera ku 170, barimo abasirikare 13 b’Amerika.

Amerika yavuze ko “amakuru y’ibanze” agaragaza ko igitero cyayo cyishe uwari ugambiriwe wo muri IS, kandi ko nta muturage w’umusivile wapfuye.

Perezida w’Amerika Joe Biden ku wa gatanu yasezeranyije guhiga intagondwa yiyitirira idini ya Islam yihishe inyuma y’igitero cy’umwiyahuzi witurikijeho igisasu ku wa kane.

IS-K, cyangwa Islamic State mu ntara ya Khorasan, yavuze ko yagabye icyo gitero, ni ishami ry’umutwe wa IS.

Ni cyo gitero cya mbere cy’ubuhezanguni bwinshi kandi kirimo urugomo rwinshi mu bitero byose byakozwe n’imitwe y’intagondwa yiyitirira Islam muri Afghanistan.

Related posts

Kenya ishimangira ko idateze kuva muri DRC iki Gihugu kitaraganira na M23.

N. FLAVIEN

U Burusiya bwahaye intwaro zigezweho igisirikare cya DR Congo, FARDC.

N. FLAVIEN

Ingaruka zo kuryama cyane birenze urugero (ibyitwa kuryamira).

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777