Amizero
Amakuru Amakuru mashya Politike

Abadepite ba Ghana bari mu Rwanda mu rugendo rwo kwigira ku miyoborere y’isuku n’isukura

Itsinda ry’abadepite bagize komisiyo ishinzwe umutungo kamere w’amazi, isuku n’isukura mu nteko ishinga amategeko ya Ghana, riri mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kwigira ku bikorwa by’u Rwanda mu guteza imbere isuku, isukura n’imicungire y’amazi.

Uru ruzinduko rwatangiye ku wa 30 Ugushyingo 2025, rukazamara icyumweru, rukazasoza ku wa 6 Ukuboza 2025. Ruyobowe na Depite Uwera Mohammed Ibrahimiah.

Abagize iri tsinda biteguye kuganira n’inzego zitandukanye z’u Rwanda ku bijyanye no gucunga neza imyanda, uburyo bwo kuyibyaza umusaruro, uruhare rw’abaturage mu bikorwa by’isuku, imiturire isukuye ndetse no kurengera ibidukikije.

Nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Itangazamakuru cya Ghana (GBC), aba badepite bazanasura ibikorwa remezo n’imishinga yunganira gahunda z’isuku n’isukura mu rwego rwo kwigira ku buryo bwiza bw’imicungire y’iyo gahunda mu Rwanda.

U Rwanda ruzwiho kuba ku isonga mu bihugu bifite isuku muri Afurika, kubera gahunda zifatika zirimo umuganda rusange, gahunda za buri munsi z’isuku mu bice byose by’igihugu n’ubufatanye bwa leta n’abaturage mu kubungabunga ibidukikije.

Abadepite bo muri Ghana bari mu rugendo rwo kurahura ubumenyi ku Rwanda ku byerekeye isuku

Related posts

FARDC na M23 bakomeje gusakirana mu bice byegereye Sabyinyo.

N. FLAVIEN

Ba Perezida Tshisekedi na Kagame baganiriye kuri telephone na Macky Sall hagamijwe amahoro

N. FLAVIEN

Joseph Kabila wasimbuwe na Tshisekedi ku butegetsi yageze mu birindiro bya M23 i Goma.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777