Amizero
Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Trending News Umutekano

Uvira: Abaturage bakoze imyigaragambyo yo gushyigikira ihuriro AFC/M23

Abatuye mu mujyi wa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo yo gushyigikira ihuriro AFC/M23 rimaze icyumweru riwugenzura.

Iyi myigaragambyo yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Ukuboza 2025, nyuma y’amasaha make AFC/M23 itangaje ko iteganya kuva muri uyu mujyi yari imazemo icyumweru, kugira ngo ibiganiro biyihuza na Leta ya RDC bikomeze mu bwumvikane.

Abaturage bo muri Uvira bagaragaye muri uyu mujyi baririmba indirimbo zisingiza abarwanyi ba AFC/M23 bayobowe na Gen Maj Sultani Makenga.

AFC/M23 yatangaje ko mu gihe yava mu mujyi wa Uvira, nta ngabo zigomba kuwinjiramo kandi ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Qatar n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bikwiye kubungabunga umutekano w’abahatuye.

Umuyobozi w’ibiro bya Corneille Nangaa uyobora AFC/M23, Yannick Tshisola, yatangaje ko kuva muri Uvira bidasobanuye gusubiza ingabo za RDC, iz’u Burundi na Wazalendo uyu mujyi.

Abaturage b’umugi wa Uvira bakoze imyigaragambyo nyuma y’uko abarwanyi ba AFC/M23 niyemeje kuva muri uyu mugi

Related posts

Hezbollah yongeye kurasa ibisasu byinshi ku butaka bwa Israel.

N. FLAVIEN

Perezida Tshisekedi yongeye kwihanukira yemeza ko Umutwe wa FDLR utakiri ikibazo ku Rwanda.

N. FLAVIEN

DRC: Leta yitiranyije imyotsi y’amakara n’iruka ry’ikirunga cya Nyamulagira.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777