Amizero
Imikino Ubutabera

Urukiko rwategetse ko Kalisa Adolphe akomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwemeje ko Kalisa Adolphe uzwi nka “Camarade”, wahoze ari Umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), agomba gukomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30.

Ubu ni nyuma y’uko ubujurire yari yatanze bwasuzumwe bugateshwa agaciro. Kalisa akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo kunyereza umutungo no gukoresha inyandiko mpimbano, nk’uko byatanzwe n’Ubushinjacyaha.

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ni rwo rwa mbere rwari rwategetse ko afungwa by’agateganyo, rushingiye ku mpamvu zikomeye zituma akekwaho icyaha. Kalisa yahise ajuririra icyo cyemezo, asaba ko yakurikiranwa ari hanze ariko urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko nta shingiro ubujurire bwe bufite, rutegeka ko aguma muri gereza.

Byagaragajwe kandi ko dosiye ye yamaze gushyikirizwa urukiko ngo atangire kuburanishwa mu mizi, nyuma yo kwakira ibisabwa n’ubushinjacyaha.

Urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwa Camarade wahoze ari muri komite ya FERWAFA

Related posts

Umukinnyi wa Uganda uterura ibiremereye wari watorokeye mu Buyapani yarekuwe.

N. FLAVIEN

Myugariro wa APR FC Mutsinzi Ange yerekeje mu Bubiligi

N. FLAVIEN

Nsabimana Callixte ‘Sankara’ na Paul Rusesabagina bagiye gufungurwa nyuma yo gutakambira Umukuru w’Igihugu.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777