Amizero
Ahabanza Amakuru Imyidagaduro Iyobokamana

Umuhanzikazi Sifa Josée yasohoye amashusho y’indirimbo ‘We kwiheba’ asaba abantu guturiza mu Mana [VIDEO]

Umuhanzikazi nyarwanda Sifa Josée uririmba indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana, yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘We kwiheba’, ibumbatiye ubutumwa busaba abantu guturiza mu Mana bakareka kwiheba kuko ari yo ifite ubuzima bwacu mu biganza byayo.

Mu kiganiro Sifa Josée yagiranye na AMIZERO.RW, yavuze ko muri iyi minsi abantu benshi bihugiyeho, aho usanga babaswe n’amaganya y’iyi Si bityo ngo bigatuma bajya kure ku bwo kurarikira byinshi biboneshwa amaso aho kurarikira iby’Ijuru.

Video: We kwiheba by Sifa Josée / Filos Pro

Yavuze ko amaze kubona ibyo byose, hamwe n’umwuka w’Imana wamuhaye iryo hishurirwa, yakoze iyi ndirimbo ‘We kwiheba’ ashaka kwereka abantu ko hejuru y’ibyo byose hari Imana yo kwiringirwa kandi ishoboye ibyananiye abana n’abantu.

Yagize ati: “Rwose muri iyi minsi usanga abantu bihugiyeho cyane, benshi bibagiwe ko hari Imana ishoboye gukemura ibibazo byabo. Umwuka yampaye iri hishurirwa mbona ubutumwa bwo kubabwira, mbabwirako bareka kwiheba kuko hejuru y’ibibazo byacu hari umunyembaraga ushobora kuduha ibiduhangayikisha byose”.

Sifa Josée usanzwe asengera mu Itorero rya ADEPR Mahoko, akaba n’umuririmbyi wa Chorale Tuyikorere, avuga ko mu byo akomeza gusaba Imana, ari uko yakomeza kumwagura, ikanamurinda kuzibagirwa aho yavuye kuko ngo hari abamara gusubizwa bakibagirwa aho bavuye.

Uyu muhanzikazi, wabitangiye mu mwaka wa 2017, amaze gukora indirimbo 12, Icumi (10) z’amajwi (Audio), n’izindi ebyiri (2) zimaze gukorerwa amashusho (Audio-visual), akaba ahamya ko kuba yarabyirukiye muri Chorale byamufashije kandi ngo na nubu abaririmbyi bagenzi be bakaba bakomeza kumufasha muri uru rugendo rwa muzika yatangiye.

N’ubwo amaze kugera ku ndirimbo 12, Sifa Josée avuga ko agikeneye uruhare rwa buri wese kuko ngo aho ageze ariho akeneye amaboko cyane. Ati: “Nk’ubu urabona gukora Gospel nta nyungu ifatika wahita ubona, tubikora ari umuriro w’Imana noneho wenda kubera ibyo wakoze ikaba yaguha umugisha w’ibiboneshwa amaso. Ndashima abakomeje kumfasha barimo ‘Filos Production’ ya Sindayigaya Fidel kuko ari we wankoreye iyi video”.

Sifa Josée uririmba indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana
Reka kwiheba kuko Imana irakuzi.

Related posts

FARDC iri kurwana umuhenerezo yirinda ko Umujyi wa Goma wabura ubuhumekero.

N. FLAVIEN

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yitabiriye ibirori by’umunsi w’Ubwigenge mu Burundi.

N. FLAVIEN

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku kajagari kagaragara mu nsengero.

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777