Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

U Burusiya bwahaye gasopu Israel, USA na Turkey kuri Syria.

Bwana Sergei Lavrov uyobora Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya, yahaye gasopu Igihugu Israel agisaba kwitwararika kikagenda gake muri Syria kirinda kwangiza icyo gihugu nk’uburyo bwo gukemura ibibazo byayo muri rusange.

Bwana Lavrov yagarutse kuri ibi nyuma y’uko ingabo za Israel zimaze iminsi ku butaka bwa Syria, ndetse iki gihugu kikaba gikunze kugaba ibitero simusiga byangije ibikorwaremezo bya Syria birimo n’ububiko bw’intwaro.

Lavrov yavuze ko Israel idakwiriye gukoresha impamvu z’umutekano wayo mu kwangiza ibindi bihugu, asaba ko ihindura imyitwarire yayo muri Syria kugira ngo ibintu birusheho kugenda neza ku mpande zombi.

Uyu muyobozi kandi yihanije Turikiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite inyungu muri Syria, avuga ko ibyo bihugu bikwiriye guharanira ko Syria idacikamo ibice cyangwa ngo ihoremo intambara.

Igihugu cy’u Burusiya giherutse kwakira Bashir al-Assad wahoze ari Perezida wa Syria, akaza gukurwaho n’umutwe wa HTS warwanye inkundura ngo aveho.

Related posts

Teodoro Obiang Ngwema w’imyaka 80 yatsindiye kongera kuyobora Guinée Equatoriale ku nshuro ya gatandatu.

N. FLAVIEN

Perezida William Ruto yagaragaye anywera icyayi muri imwe muri Resitora z’i Nyamata.

N. FLAVIEN

Ingabo za Israel zimaze kwica abarenga 180 mu majyepfo ya Liban.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777