Amizero
Amakuru Amakuru mashya Hanze Trending News Ubutabera

U Bufaransa: Umuganga afungiwe kuroga abarwayi 30

Urukiko rwo muri Besançon mu Bufaransa rwakatiye umugabo wakoraga kwa muganga atera ibinjya, Frédéric Péchier, imyaka 22 nyuma yo kumuhamya ibyaha byo kuroga abarwayi 30 barimo 12 bapfuye.

Uyu mugabo yatangiye gukurikiranwa mu 2017 ubwo yakekwagaho kuroga abantu babiri ku bitaro bibiri bitandukanye.

Icyo gihe yari akurikiranyweho kuroga Sandra Simard w’imyaka 36 wafashwe n’umutima ari kubagwa urutirigongo. Uyu mugore yaje kurokoka ariko ajya muri koma.

Nyuma mu iperereza ryakozwe basanze ‘serum’ ye harimo potassium yikubye inshuro 100 iyakabaye iri mu muti we.

Uyu mugabo mu rubanza rwe yireguye avuga ko nubwo abo bantu baba bararozwe atari we wabikoze.

Ku rundi ruhande, ubushinjacyaha bwavuze ko uyu mugabo ari igisebo ku baganga.

Uyu mugabo yarogaga abantu akoresheje imiti ituma umuntu agira ibibazo by’umutima cyangwa guturika k’udutsi tw’amaraso.

Uyu mugabo wahamijwe iki cyaha umuntu muto yahaye uburozi ni umwana w’imyaka ine mu gihe umukuru ari umukecuru w’imyaka 89.

Related posts

Karongi: Akarere kiyemeje kugira uruhare mu gusana amashuri yangijwe n’imvura ari nako bashakira hamwe umuti urambye.

N. FLAVIEN

Nyuma yo gutakaza ibice byinshi, M23 isohoye andi matangazo.

N. FLAVIEN

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777