Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Ikoranabuhanga Politike Ubukungu

Tanzaniya na Kenya basinyanye amasezerano y’umuyoboro wa Gaze ubahuza.

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzaniya na mugenzi we William Ruto wa Kenya, basinye amasezerano y’umuyoboro wa Gaze uzahuza ibi Bihugu byombi bihuriye mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC.

Aba Baperezida ba Tanzaniya na Kenya bemeranyije ko bagomba gufatanya kubaka umuyoboro uzatwara umwuka wa gaze, ibi bikaba ari  mu rwego rwo gutsimbataza ubuhahirane mu by’ubucuruzi no kugabanya igiciro cy’ingufu.

Gusinya aya masezerano byagezweho kuri uyu wa mbere tariki 10 Ukwakira 2022 mu biro bya Perezida, i Dar es Salaam, mu mubonano wahuje ba Perezida Samia Hassan wa Tanzaniya na William Ruto wa Kenya, ubwo Ruto wa Kenya yari mu rugendo rw’imisi ibiri arimo muri Tanzaniya.

Mu mwaka ushize, Perezida Hassan n’uwahoze ari perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta basinye amasezerano i Nairobi yari agamije gutangiza uwo mugambi, ariko kugeza ubu ibyo bikorwa ntibyari byatangira nk’uko tubikesha VOA.

Biteganyijwe ko uyu muyoboro uzubakwa ku burebure bw’ibirometero 600 hagati ya Dar es Salaam, Umurwa mukuru wa Tanzaniya na Mombasa muri Kenya. Ariko nta gihe cy’igihe ibikorwa bizaba byarangiye cyatangajwe.

 

Related posts

TPLF ishinja Igisirikare cya Eritrea gutangiza igitero kinini muri Tigray.

N. FLAVIEN

DRC: Ubwiza bwa ‘Stade des Martyrs’ nyuma yo gushyirwamo intebe [AMAFOTO].

N. FLAVIEN

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777