Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zimaze igihe muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ziri guhungishiriza intwaro...
Umujyi wa Uvira uri ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika ukomeje kuba indiri y’ibibi byose, ku isonga Wazalendo, abasirikare b’abarundi, FDLR bakaba bakomeje ibikorwa bigaragaza ko...
AFC/M23 barashinja Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukorana n’abasirikare b’u Burundi bakaba bari kubohereza mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo mu rwego...
Amakuru yaturutse mu mujyi wa Uvira uherereye muri Kivu y’Amajyepfo, yemeje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 05 Mata 2025, habaye imirwano ikomeye yahuje amatsinda...
Ihuriro AFC/M23 ryongeye gutangaza ko rigikomeye ku ihame ryimakaza amahoro binyuze mu buryo bw’ibiganiro na Leta ya DR Congo n’ubwo ingabo zayo (FARDC) n’abazifasha bakomeje...