Featured Tumenye byinshi ku nkuba zikunze gutera ubwoba benshi bakazifata nk’amashitani.
Inkuba ziri mu bihitana ubuzima bw’abantu batari bake buri mwaka. Abanyarwanda ba kera bakekaga ko cyaba ari igikoko bakagishushanya nk’isake, ndetse hari n’abizeraga ko yabaga...