Abasirikare ba Mozambique batojwe na RDF basoje imyitozo ibashyira ku rundi rwego.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Gicurasi 2025, Perezida wa Repubulika ya Mozamique akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, Daniel Chapo, yasoje amahugurwa y’abasirikari 525...