Umugabo witwa Maniragena Simon bivugwa ko asanzwe ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda (RDF), yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwica umugore we nk’uko byemezwa...
Umugore wapfuye kuwa Gatandatu tariki 14 Kamena 2025 apfiriye mu icumbi ry’umukozi ushinzwe ubutaka mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, Intara y’Amajyepfo, yashyinguwe aho...
Mu karere ka Nyagatare, Umurenge wa Kiyombe, Akagari ka Karambo mu mudugudu wa Kakagaju haravugwa inkuru y’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 65 y’amavuko wishe umugore...
Abanyeshuri biga kuri GS Nyarupfubire, ishuri riherereye mu Murenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare, bakoze igikorwa kigayitse bakubita abarimu babo, umwe bamukomeretsa mu mutwe mu...