Featured RURA yatangaje ibiciro bishya kuri Litiro ya lisansi na mazutu.
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwatangaje ko guhera kuri iki Cyumweru tariki 6 Werurwe 2022, igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli kigomba guhinduka mu Mujyi wa Kigali,...