Inzego z’Ubuvuzi mu Rwanda zimaze igihe zigaragaza ko ubwandu bwa Virusi itera SIDA mu Rwanda bwiyongera mu rubyiruko n’abakora uburaya, bityo kuva mu Ukuboza 2024...
Bamwe mu babyeyi bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba bavuga ko kutipimisha Virusi itera SIDA mu gihe batwite, ari ugushyira...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Rwamagana, Intara y’Iburasirazuba bamaze kwisiramuza, bavuga ko gukora imibonano mpuzabitsina ikingiye bitakiri ngombwa kuko bibwira ko umuntu wisiramuje...