Burikantu yarekuwe nyuma y’iminsi itatu atawe muri yombi.
Mwitende Abdoulkarim wamenyekanye cyane ku mbugankoranyambaga nka Burikantu, wari umaze iminsi atawe muri yombi kubera gufungirana umuntu mu buryo butemewe n’amategeko yarekuwe. Amakuru yahamijwe na...