Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Umutekano

Sukhoi-30 y’igisirikare cya Uganda yarashe abasirikare ba FARDC.

Indege y’intambara y’igisirikare cya Uganda (UPDF), Sukhoi-30, kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Mutarama 2024 yarashe ku birindiro by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC biri hafi y’umuhanda wa Eringeti-Komanda mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyatangaje ko cyahawe amakuru yizewe cyane, avuga ko habaye kwibeshya, iyi ndege irasa ku basirikare ba DR Congo, babiri barakomereka bikabije barimo umwe wacitse amaguru ndetse aba bakaba bashobora gupfa umunota uwo ari wo wose, abandi benshi barakomereka.

Uwatanze aya makuru mu ibanga, yabwiye umunyamakuru ati: “Ni ubwa gatatu ingabo zacu zirwanira mu kirere zirashe ibirindiro bya FARDC, kandi batangiye kudutakariza icyizere ku mikorere yacu yo ku rugamba”.

Yasobanuye ko impamvu aya makosa aba ari uko ibisirikare by’Ibihugu byombi byananiwe guhuza ibikorwa byabyo. Ati: “Impamvu y’ibi bibazo ni ubushobozi buke bwo guhuza ibikorwa”.

Ingabo za Uganda, UPDF n’iza RDC, FARDC zatangiye ibikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, mu Ugushyingo 2021.(Igihe)

Related posts

Abasirikare ibihumbi 100 ba Koreya ya Ruguru bagiye gufasha u Burusiya muri Ukraine.

N. FLAVIEN

DRC: Ingabo za EAC zatangiye kugera muri Rumangabo kuhasimbura M23.

N. FLAVIEN

Kenya: Kwambara agapfukamunwa ntabwo bikiri itegeko

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777