Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Perezida Kagame yagize Ntibitura Jean Bosco Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Ugushyingo 2024, hasohotse itangazo rivuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Ntibitura Jean Bosco Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba asimbuye Dushimimana Lambert nawe wari umaze igihe kitari kirekire kuri uyu mwanya.

Ntibitura Jean Bosco wagizwe Guverineri mushya w’iyi ntara ikomeje kwibazwaho, yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu mu rwego rw’Igihugu rw’Umutekano n’Iperereza, NISS.

Guverineri Dushimimana Lambert wayoboraga iyi ntara akuwe ku buyobozi nyuma y’uko uwahoze ari Umuyobozi w’Akarere ka Karongi, Mukase Valentine, Umuyobozi wungirije ushinzwe Ubukungu muri ako Karere, Niragire Théophile na Perezida w’Inama Njyanama, Dusingize Donatha, bose beguye ku nshingano zabo nabo, bakavuga ko byari ku mpamvu zabo bwite.

Icyo gihe bakurwaho (bavuga ko beguye), Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Mugenzi Patrice, yatangaje ko abo bayobozi banditse amabaruwa bavuga ko beguye ku giti cyabo.

Ati: “Nkurikije uko amabaruwa yabo nayabonye, ni uko beguye ku giti cyabo, kandi bakagaragaza ko batashoboye gushyira mu bikorwa inshingano bari bahawe, bityo rero bahitamo kuba batanze umwanya, kugira ngo nibura haboneke abandi baha serivise nziza abaturage.”

Ku bijyanye n’ibyavugwaga ko hari abandi bakozi batandukanye muri ako karere ka Karongi na bo banditse basezera ku mirimo yabo, Minisitri Mugenzi yavuze ko nta mabaruwa yabo arabona.

Yongeyeho ko: “Ariko abakozi b’Akarere ka Karongi bose si ko ari shyashya, kuko niba ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko butatanze serivise nziza, ni uko hari abandi bakozi batashoboye gushyira mu bikorwa inshingano zabo, bityo rero nabo muri abo bakozi bamwe na bamwe, nabo isuzuma rizakomeza ribe, turebe uburyo baha serivisi abaturage.”

Related posts

Chorale Ubumwe ADEPR Bukane mu myiteguro yo kumurika umuzingo yise ‘Wambereye Ihumure’.

N. FLAVIEN

Leta ya DR Congo yatangaje impamvu Sukhoi-25 ya FARDC yinjiye mu Rwanda nta burenganzira ihawe.

N. FLAVIEN

Umuhanda Mukamira-Ngororero-Muhanga wangijwe n’imvura watangiye gusanwa.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777