Amizero
Amakuru Amakuru mashya Iyobokamana Politike

Papa Léon XIV yanenze amagambo ya Trump avuga ku bayobozi b’i Burayi

Papa Léon XIV yanenze bikomeye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, wavuze ko ibihugu by’i Burayi bikomeje kugana habi bigizwemo uruhare n’abayobozi babyo b’ibigwari.

Trump kandi yashinje ubutegetsi bw’i Burayi kudashobora kugira uruhare rukomeye mu guhagarika intambara ya Ukraine, ibi bikaba byateje impaka ndende.

Mu kiganiro Papa Léon XIV yagiranye na Politico, yatangaje ko kugerageza gushaka umuti w’amahoro wa Ukraine uheje u Burayi bidafatika, kuko ibihugu by’uwo mugabane bifite inshingano yo kuba mu birebana n’ubwirinzi n’umutekano w’ahazaza.

Papa Léon XIV yasaga n’usubiza ibyavuzwe na Trump. Mu kiganiro yagiranye na Politico yashimangiye ko abayobozi benshi b’i Burayi ari bigwari kandi bafite intege nke Kandi ko  bashyira imbere gushaka kumera neza muri politiki aho gukora iby’ingenzi.

Agaruka ku biganiro by’amahoro ku ntambara ya Ukraine, Trump yavuze ko abayobozi b’i Burayi bivugira cyane bityo ko nta buryo bunoze bwo gukemura ikibazo bafite.

U Burayi kugeza ubu bwagiye bunyuranya n’ibitekerezo by’u Burusiya mu kurangiza intambara.

Mu ntangiriro z’uku kwezi, Umujyanama wa Perezida w’u Burusiya, Yury Ushakov, yavuze ko bamwe mu bayobozi b’u Burayi barushaho gusubiza ibintu irudubi, basaba ibyo Moscow idashobora kwemera.

Nubwo bimeze bityo, Washington irimo kotsa igitutu Kyiv ngo yihutishe ibiganiro byo kugera ku masezerano y’amahoro n’u Burusiya. Financial Times iherutse gutangaza ko intumwa za Trump zasabye Perezida Volodymyr Zelenskyy gutanga igisubizo vuba, hagamijwe ko amasezerano yaba yabonetse mbere ya Noheli.

Papa Léon XIV yanenze bikomeye Trump ushinja abayobozi b’ibihugu by’i Burayi ubugwari

Related posts

Burera: Ingo 15 zabuze umuriro w’amashanyarazi ku maherere ziratakamba.

KALISA

Abarusiya baba bari kwifashisha ibifi bya rutura mu bikorwa by’ubutasi?

N. FLAVIEN

Breaking News: Ikirunga cya Nyiragongo cyatangiye kuruka ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777