Amizero
Ahabanza Amakuru Iteganyagihe Ubukerarugendo Ubukungu

Meteo-Rwanda yatangaje ko hari ibice by’Igihugu bishobora kwibasirwa n’umuyaga mwinshi kandi wangiza.

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iteganyagihe-Rwanda Meteorology Agency cyaburiye abanyarwanda ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Mata 2021 saa kumi n’ebyiri (06:00)  kugera kuwa mbere tariki 19 Mata 2021 saa sita z’ijoro (00:00) hateganyijwe umuyaga mwinshi muri bimwe mu bice by’Igihugu, ukaba ushobora kwangiza byinshi.

Rwanda Meteorology yatangaje ko umuyaga mwinshi Ubujyanama ku Iteganyagihe: Umuyaga mwinshi uri hagati ya metero 6 na 12 ku isegonda uteganyijwe mu majyaruguru n’amajyepfo y’Intara y’Iburasirazuba, amajyaruguru n’amajyepfo y’Intara y’Iburengerazuba, mu turere twa Musanze, uduce twa Burera, Gakenke na Gicumbi.

Rwanda Meteorology yavuze ko uyu muyaga ushobora guteza ibibazo birimo: kwangiza ibimera n’ibihingwa, umukungugu mwinshi ushobora kubangamira ingendo ndetse ugatera ingaruka ku buzima no kwangirika kw’ibikorwaremezo birimo ibisenge by’amazu.

Iki kigo kikaba cyasabye abari mu duce twavuzwe haruguru kwitwararika igihe icyo ari cyo cyose baba babonye ibimenyetso by’uwo muyaga bakimakaza umuco wo gutabarana.

Meteo Rwanda itangaje iby’uyu muyaga mwinshi, mu gihe  muri iki cyumweru tugana ku musozo n’ubundi umuyaga udasanzwe wahushye mu kiyaga cya Ruhondo muri Musanze ugatera icyitwa Isata cyatangaje benshi mu babibonye n’amaso, bagatangira kuvuga ko amazi y’ikiyaga ari kuzamuka ajya mu bicu kandi ntagaruke.

Related posts

Gicumbi: Perezida Kagame yibukije abanyamuryango ko intare zihora ari intare zidashobora guhinduka impyisi.

N. FLAVIEN

Ngororero: Abashoramari bakomoka muri aka Karere basabwe gushora imari ku ivuko.

N. FLAVIEN

MINIJUST: Dr Ugirashebuja Emmanuel yakoze ihererekanyabubasha n’uwo yasimbuye Johnston Busingye [AMAFOTO]

N. FLAVIEN

3 comments

Mabe April 17, 2021 at 4:57 PM

Uyu muyaga ndabona urenze urugero !!! Gusa Imana nyiri ibihe iturinde ibi bihe bibi

Reply
Bimenyimana Jean Damascene April 18, 2021 at 1:41 PM

Nizere ko ari agateganyo ko bishobora no kutaba impamo.

Reply
NDAGIJIMANA Flavien April 18, 2021 at 5:13 PM

Ngirango n’izina ry’ikigo ryitwa icy’iteganyagihe. Byose ni uguteganya bagendeye ku bipimo baba babonye ariko bishobora guhinduka bitewe n’impamvu runaka.
Wakoze kuduha igitekerezo bwana #Damascene

Reply

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777